{"success":true,"data":[{"id":"5","courseId":"10","title":"Abakozi babifitiye ububasha","description":"Bitabujije ububasha abagenza-cyaha bahawe n'amategeko y'umwihariko, abashinzwe \r\ncyane cyane kubahiriza iri teka ni: \r\n1. Ba ofisiye na ba suzofisiye bo muri Polisi y'igihugu igihe bari mu kazi;\r\n2. Ba kaporari n'abapolisi bo muri Polisi y'Igihugu igihe bari mu kazi, babitumwe na \r\nProkireri wa Repubulika wo muri iyo fasi; \r\n3. Abapolisi bo mu mutwe ushinzwe umutekano mu muhanda; \r\n4. Abakozi bo mu biro by'amateme n'imihanda, ku byerekeye ibivugwa mu ngingo ya 8 \r\nn'iya 9, iya 40, 60 kugeza kuya 68, iya 72 n'iya 73 iya 113 n'iya 114, iya 117 kugeza \r\nkuya 120 z'iri teka; \r\n5. Abakozi ba gasutamo, ku byerekeye ibivugwa mu ngingo ya 132; \r\n6. Abakozi bo mu biro by'imisoro, ku byerekeye ibivugwa mu ngingo ya 121 kugeza ku \r\nya 135. \r\n7. Abakozi b'ikigo cy'ubukerarugendo na pariki z'igihugu babiherewe uburenganzira na \r\nMinisitiri w'Ubutabera; \r\n8. Ba Ofisiye bashinzwe Polisi y'Ingabo igihe bayobora abasilikare bagenda ku mirongo; \r\n9. Abakozi bo mu biro bya Minisiteri ishinzwe Gutwara Abantu n'Ibintu mu mirimo \r\nyayo babiherewe uburenganzira na Minisitiri w'Ubutabera. Abakozi bavugwa muri iyi \r\nngingo bafite ububasha bwo kugenza ibyaha byica iri teka batarengereye imilimo \r\nbashinzwe n'ifasi bakoramo.","images":null,"audios":null,"createdAt":"20250802071613","orderIndex":"1","isActive":"1","courseTitle":"ABAKOZI BABIFITIYE UBUBASHA"},{"id":"3","courseId":"1","title":"Demarage","description":"any content","images":"","audios":"[\"uploads\/audio\/1753689233_20250722_174020.aac\",\"uploads\/audio\/1753689233_20250721_122614.aac\"]","createdAt":"1753689233","orderIndex":"2","isActive":"1","courseTitle":null}],"total":"2","from":0,"to":10,"searchTerm":"","courseId":""} 